Kinyarwanda


Amakimbirane : Conflict-War with Iraq:, 19 March 2003

Kinyarwanda translation from Kimuli Leonard kimronald@avu.org

Mbere y` intambara: intwaro za kirimbuzi

Tariki 19 Werurwe 2003 saa kumi n`ebyiriz`umugoroba muri Amerika

Iyi nkuru yanditswe habuze iminota mirongo itatu ngo twumve ko intambara yatangiye muli Irake.Hepfo, turagendera ku byavuzwe byerekeye uburyo izo ntwaro bita intwaro za kirimbuzi zikora .Uko kurimbura ntabwo ari igikorwa kigaragara ahubwo ni uguhungabanya imitekerereze isanzwe y`umuntu nkuko bishobora kumera mu minsi yegereje urupfu. Uburemere bw`iyi nyandiko bishingiye ku gihe turimo.Turagerageza kwerekana uburyo ubwoko bw`abantu bushobora gukirira cyangwa gutakariza muli ibi bihe bitwegereza intambara.

AKAMARO

Buli muntu wese afite uburyo yumva intambara n`ukuntu yabyifatamo.Igihe twebwe AMY na ARNY,dutekereza intambara n`akamaro kayo.Iby`ingenzi byerekana akamaro kavugwa mu binyamakuru ni uko ari intwaro za kirimbuzi.Kuba bivugwa ko izo ntwaro ari mbi aliko ntibyigeze bishyirwa mu bikorwa, intwaro zabaye nka baringa-bivugwa ko biriho ariko bitagaragara.Turabyita baringa tubigereranya n`akamaro k`ibihugu n`abategetsi babyo.Baringa bavuga ngo iri aha aliko ntibayerekane kuva benshi bahakana ko ibaho .Akamaro ka baringa kerekana kamere yacu twese,mutegetsi uwo ariwe wese no muli buri gihugu.Muli make intwaro ni ibikorwa byacu bya kirimbuzi.Izo ntwaro zitera ubwoba umuryango wose w`abantu(isi yose).Kubera izo ntwaro turii hafiyo guhungabana,turi no mubyago byo guhungabanya abantu ndetse n`ibintu.

IBIDAFITE IHURIRO

Mu bihe biteye agahinda ndetse bikomeye,abantu twese tugaruka inyuma kuli bicye tuzi neza by`iyi si. Twebwe AMY na ARNY tuzi ko abantu n`isi bihinduka bigafata intera ndende cyane mu myifatire yabo mugihe ibihe bimeze nabi ndetse n`amacakubiri bari barabyibagiwe.Ingaruka muri uko kugera kure mu gutekereza ni uguhindagurika kw`imitekerereze yacu ya buri munsi. Imyumvire y`isi ku byerekeye intambara yahungabanyijwe n`ingufu z`intwaro za kirimbuzi.

Top

URUPFU NO KWOROHEREZA

Ingaruka z`urwo rugendo rubabaje kandi ruteye ubwoba, ni ugupfa mu bitekerezo. Muli urwo rugendo Ugutekereza kwacu kwa buri munsi kurahungabana,Njyewe irabura neza nezaIiyo ayo maherezo aduhungabanyije ntabwo tuba turi mu byago byo kuba twapfa gusa.amahirwe avuye mu mihindukire yo gutekereza ashobora rimwe na rimwe kutuvana muri urwo rwego. Hafi yo gupfa ububabare n`ibyishimo bikabije byo kuba umuntu bihinduka kuva ku isi. iyo twipakuruye amakimbirane kw`isi dushobora gukoresha ubumenyi tutigeze dukoresha mbere.Nk`ababyitegereje kandi batabibayemo gusadushobora kwerekana ubu iki, ubu kiriya.Ubu ubumenyi bw`inabi bwashyizwe ku ruhande,kugira amahoro byari byaribagiranye .Ubu jyewe, ubu wowe, ubu twese .ubu nibihe byashize ndetse n`ibizaza.Ubu iburasirazuba-amajyepfo,ubu uburengerazuba n`amajyaruguru .Muli ubu buryo buri gikorwa kiragaragara,kigakoreshwa ndetse kikaba cyanagenzurwa.

IGITERA INTAMBARA

Kubera ko tuzi ko intambara ari amakimbirane ayo ariyo yose adafite umuhuza,igitera intambara ni uguhungabana kw`imitekerereze ni ukuvuga kutita ku bintu no kubyoroshya,kugirango uhagarike intambara ugomba kumenya kworoheranaKkugeza ubu ubwoba bw`isi bwateye intambara n`amaraso arameneka, bikarangirira gusa mu ruhande rumwe twemera ko kumva intambara n`akamaro kayo byumvikanisha uburyo bushoboka bw`intwaro za kirimbuzi,buzatera imyumvire mishya. muli ubwo buryo dushobora kuba twirengagije amakimbirane tukayoroshya.

KWOROHERANA

Muli make buri wese agomba kumenya icyo ali gukora ibu,urugero kwirinda intambara,kurwana,gutekereza ,gushyigikira amahoro,intambara no kugirea ubumenyi buhoraho cyangwa bwa buri kintu.Ibyiyongera kubyo uri gukora koresha ubumenyi bwo kworoherana mu bihe byose. Ugomba kwerekana uruhare rwawe,umuhuza akagaragara. Ibyo ushyigikiye bigomba kugaragara kandi bigashoboka. Tuzi ko ubumenyi buhoraho bugabanya iintambara.ibyo dishyigikira ntibigomba gusa kubuza abandi kugira uruhare mi ntambara ahubwo gukorera hamwe kugiramgo turebe ingaruka z`intambara mbere yuko iba.tumenye ubusazi maze tubukoreshe muburyo bw`ubuwumvikane

ICYO INTAMBARA IVUGA

Intambara n`uko ubyumva,aliko mubyukuli intambara ni nk`urupfu ituma ugendera ku bitekerezo byo kuvuga ko buri kintu cyose gikenerwa.ibibi cyane nuko twumva ko buri kintu cyose kiriho ali cyiza aliko bitari mulitwe cyangwa hagati yacu .


Byahinduwe mu kinyarwanda na

KIMULI

Murakoze

Top